Urubuga rw’Imikino
Page: 2
Kuwa kabiri ushize nibwo Cavaliers ya LeBron James yahuraga na Knicks ya Frank Ntilikina. Umukino wabereye i Madison Square. Ni umukino wa kabiri aba bagabo bombi bahuriyemo. Uwa mbere ukaba wararanzwe n’ubushyamirane mu kibuga bw’aba bagabo bombi nyuma y’amagambo akarishye kuri Frank Ntilikina yavuzwe na LeBron James. Nubwo atamuvuze mw’izina, “The King” yavuze ko NY […]
Liverpool-Man City (3-0), Barcelona-Roma (4-1), Real-Juventus (3-0) ni gake imikino yo kwishyura ya 1/4 cya champions league yaranzwe n’ubusumbane bw’ibitego bungana gutya. Usibye Bayern-Seville (2-1), indi mikino benshi bahamya ko isa n’aho yarangiye. Nubwo umukino wo kwishyura uri buze kubera kuri Etihad, biragoye kwiyumvisha ko Liverpool, izi ibyo yakorewe umwaka ushize ubwo yanyagirwaga 5-0 na […]
Conor McGregor yahise yijyana kuri polisi kugirango imubaze ibibazo. Ibi byabaye nyuma y’aho uyu mukinyi wa MMA yazaga ahaberaga inama ya UFC hamwe n’itangazamakuru maze agana ahari bus yari itwaye abakinnyi ba MMA, ahita afata ibyuma byari biraho abitera kuri iyo bus. Umwe mu bakinnyi yahakomerekeye, ikirahure cy’imodoka nacyo kirameneka (Reba video). "Ntawuzankura ku mwanya […]
Umwongereza Anthony Joshua yatangaje ko azatera K.-O. umunya nouvell-Zélande Joseph Parker kuri round ya 9 mu mukino uzabahuza ku wa gatandatu utaha. Umukino ukazitabirwa n’abantu barenga 78.000 i Cardiff mu bwongereza. Umunyamakuru amubajije icyo atekereza ku mukino uzamuhuza na Joseph Parker, Anthony Joshua yavuze ko: Napanze kumutsindira kuri round ya 12, ariko murijye ndumva kuri […]
Afrika izahagararirwa n’abasifuzi 6 mu gikombe cy’isi kizabera mu Burusiya mu kwezi kwa kamena na nyakanga uyu mwaka. Kuri liste Fifa yashyize ahagaragara uyu munsi, 6 bakomoka muri Afrika: Mehdi Abid Charef (Alg), Malang Diedhiou (Sen), Bakary Papa Gassama (Gam), Ghead Grisha (Egy), Janny Sikazwe (Zam), Bamlak Tessema Weyesa (Eth). Ku ruhande rw’abunganizi CAF ihagarariwe […]